• +250787263915 / +250788305148
  • contact@ajecl.org.rw
  • Magerage, Nyarugenge, Kigali, Rwanda
Bugesera: Abafashamyumvire ba gahunda ya GWIZAMAHORO Programme biyibukije uko batangamo inyigisho z’umuco w’Amahoro.

Bugesera: Abafashamyumvire ba gahunda ya GWIZAMAHORO Programme biyibukije uko batangamo inyigisho z’umuco w’Amahoro.

Abarimu 27 baturutse mu bigo by’amashuli 16 bibarizwamo GWIZA AMAHORO CLUB mu karere ka Bugesera, bahuriye mu mahugurwa y’umunsi umwe kuri Paruwasi ya Ruhuha, biyibutsa uburyo bwo gutangamo inyigisho z’umuco w’amahoro. Ni amahugurwa yateguwe n’umuryango Association des Jeunnes de Saint Charles Lwanga(AJECL), muri gahunda yawo yo kwimakaza umuco w’Amahoro, aho kuri uyu wa kabiri tariki 25 Mata 2023 aba barezi…

×