• +250787263915 / +250788305148
  • contact@ajecl.org.rw
  • Magerage, Nyarugenge, Kigali, Rwanda
BUGESERA: Ubuyobozi bwa GS Gihinga n’ubw’umurenge wa Shyara burishimira imyitwarire myiza irangwa mu bagezweho na gahunda ya GWIZAMAHORO,

BUGESERA: Ubuyobozi bwa GS Gihinga n’ubw’umurenge wa Shyara burishimira imyitwarire myiza irangwa mu bagezweho na gahunda ya GWIZAMAHORO,

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki 7 Gashyantare 2023, abagera kuri 34 biga mu rwunge rw’amashuli rwa Gihinga umurenge wa Shyara mu karere ka Bugesera, bakoze amasezerano biyemeje kuba abubatsi b’Amahoro; muri gahunda ikomeje gushyirwa mu bikorwa n’umuryango uharanira Amahoro AJECL, Ni igikorwa cyabimburiwe n’igitambo cya Misa cyatuwe na Padiri Iyakaremye Theogene washinze umuryango AJECL, akaba akorera by’umwihariko…

×