• +250787263915 / +250788305148
  • contact@ajecl.org.rw
  • Magerage, Nyarugenge, Kigali, Rwanda
Kwigisha ubuzima bw’imyororokere ntibikwiye gufatwa nk’ubushizi bw’isoni cyangwa ngo bifatwe nk’icyaha,

Kwigisha ubuzima bw’imyororokere ntibikwiye gufatwa nk’ubushizi bw’isoni cyangwa ngo bifatwe nk’icyaha,

Bamwe mu bihayimana basanga kwigisha ubuzima bw’imyororokere bidakwiye gufatwa nk’ubushizi bw’isoni cyangwa ngo bifatwe nk’icyaha, ibi kandi bigashimangirwa na bamwe mu rubyiruko by’umwihariko urwigishirizwa imyuga mu kigo cy’umuryango AJECL; barimo ababyariye iwabo bitewe no kutagira amakuru ahagije ku buzima bw’imyororokere. Aba bakobwa barimo ababyariye iwabo ; bavuga ko ahanini babitewe no kutagira amakuru ahagije ku buzima bw’imyororokere, nyamara ariko kuri ubu…

AJECL iri kwigisha urubyiruko rw’abakobwa imyuga y’ubudozi n’ububoshyi mu murenge wa Mageragere, akarere ka Nyarugenge,

AJECL iri kwigisha urubyiruko rw’abakobwa imyuga y’ubudozi n’ububoshyi mu murenge wa Mageragere, akarere ka Nyarugenge,

Imyuga y’ubudozi n’ububoshyi, aho abayiga basoza bafite urwego rwa Level one, niyo Abakobwa barimo ababyariye iwabo hamwe n’abatarabyara bigishirizwa ahitwa ku gicumbi cy’Amahoro n’umuryango AJECL; mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge. Grace Ishimwe na Umutesi Giselle Mireille babyariye iwabo; bavuga ko kwiga iyi myuga; biri gutuma batakongera kwishora mu ngeso zatuma bongera kubyarira iwabo. Ku ruhande rw’abatarabyariye iwabo…

Umuryango AJECL, wahurije hamwe abapadiri bashinzwe uburezi kugira ngo ubasobanurire ibikorwa byawo bityo nabo babigiremo uruhare.

Umuryango AJECL, wahurije hamwe abapadiri bashinzwe uburezi kugira ngo ubasobanurire ibikorwa byawo bityo nabo babigiremo uruhare.

Ashingiye ku kuba AJECL iri mu isabukuru y’imyaka 20 ikora, Padiri Iyakaremye Theogene washinze uyu muryango mu mwaka wa 2004, avuga ko yifuza ko Abapadiri benshi bamenya imikorere ya AJECL bityo bakayigiramo uruhare kandi ibikorwa byayo bakabigira ibyabo, ari nayo mpamvu yahereye ku bapadiri bashinzwe uburezi, kugira ngo bafashe AJECL kurera urubyiruko mu muco w’ubuvandimwe. Padiri Iyakaremye Theogene, avuga ko…

AJECL yizihije umunsi mpuzamahanga w’amahoro 2023.

AJECL yizihije umunsi mpuzamahanga w’amahoro 2023.

Ku italiki ya 23/09/2023, Umuryango Association des Jeunes de Saint Charles Lwanga (AJECL) wizihije umunsi mpuzamahanga w’amahoro. Uyu munsi ubusanzwe wizihizwa ku itariki 21/09 buri mwaka, ariko kuruhande rwa AJECL wizihijwe kuri uyu wa 23/09/2023, ukaba wabereye kucyicaro cya AJECL “ Ku Gicumbi cy’amahoro” , akaba ari kunshuro ya 7 AJECL yizihije uyu munsi mukuru, aho kuri iyi nshuro uyu…

INTERNATIONAL DAY OF PEACE 2023

Every year, the International Day of Peace is celebrated around the world on September 21. The United Nations General Assembly has declared the day dedicated to strengthening the ideals of peace, observing 24 hours of non-violence and ceasefire. Never has our world needed peace so much. Since 2017, AJECL has been celebrating this Day to unite with the whole world…

Gakenke: AJECL Irasaba Urubyiruko Kudashakira Ubukire Mu Dutsiko Tw’ababuza Abandi Amahoro.

Gakenke: AJECL Irasaba Urubyiruko Kudashakira Ubukire Mu Dutsiko Tw’ababuza Abandi Amahoro.

Umuryango uharanira amahoro AJECL (Association des Jeunne de Saint Charles Lwanga), mu gikorwa cyawo cyo guteza imbere urubyiruko urwigisha kwihangira imirimo no kurufasha kubona igishoro, ufatanije n’akarere ka Gakenke, barasaba urubyiruko gukorera amafaranga anyuze mu nzira nziza, zitari zo kujya mu dutsiko nk’ABAMENI, ABUZUKURU BA SHITANI N’utundi.   Muri iki cyumweru dusoje ni bwo abagera kuri 18 bo mu karere…

AJECL Yahuguye Urubyiruko Ku Bijyanye No Kwihangira Imirimo.

AJECL Yahuguye Urubyiruko Ku Bijyanye No Kwihangira Imirimo.

Umuryango AJECL (Association des Jeunnes de Saint Charles Lwanga), wahuguye urubyiruko rwo mu mirenge ine yo mu Karere ka Rulindo, ku bijyanye no kwihangira imirimo bifashishije amatsinda yo kwizigama no kugurizanya. Umuryango AJECL, watangiye mu mwaka wa 2004, ukaba ugamije kubaka umuco w’Amahoro, aho unafite gahunda ya GWIZAMAHORO 2100 ukomeje gusakaza mu baturage hirya no hino mu Rwanda binyuze mu…

AMAKIPE YAHIZE ANDI MU IRUSHANWA RYA “GWIZA AMAHORO CUP 2022” Mu Karere Ka Bugesera Yashyikirijwe Ibihembo Kuri Uyu Wa 17/08/2022.

AMAKIPE YAHIZE ANDI MU IRUSHANWA RYA “GWIZA AMAHORO CUP 2022” Mu Karere Ka Bugesera Yashyikirijwe Ibihembo Kuri Uyu Wa 17/08/2022.

GWIZAMAHORO CUP2022 ni: irushanwa ryateguwe na AJECL ifatanyije na Paruwasi gatorika ya Ruhuha muri Gahunda. ya GWIZA AMAHORO PROGRAM 2100, rikaba ryari rifite Intego yo gushishikariza urubyiruko kubana neza binyuze mu nsanganyamatsiko yaryo igira iti “ Imfura z’ikinyejana cya makumyabiri na rimwe : Tubyirukiye “Gukina no Kubana ntitubyirukiye Guhangana no Kurwana”. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 17/08/2022, wabimburiwe n’igitambo…

Children Patronage.

Children Patronage.

During school vacation of each year, AJECL in collaboration with the Parish of Butamwa, organize a patronage of children aged between 3 and 18 years. During a month, they were help by mentors to acquire human, civic and moral values. This is a supervision of children during holidays through games, dance meetings and various talks aimed at strengthening education they…

×